Inkuru Nshya

Umuryango wa Human Rights Watch wamaganye igisirikare cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC n’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zarebereye ubwicanyi buheruka gukorerwa abaturage mu Ntara ya Ituri bukozwe n’Umutwe w’Iterabwoba wa ADF
Umutwe wa M23 wagaragaje impamvu utitabiriye ibiganiro bahuriramo na Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bibera i Doha muri Qatar, bifitanye isano no kuba RDC yakomeje guhonyora ibikubiye mu masezerano y'amahoro hagati y'impande zombi
Hari ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda byabashije kurwubaka rurakomera ndetse uyu munsi abakibyiruka bashaka kuzubaka uruzira kuryana hari amasomo arenze rimwe bakura kuri izi ngo z’ibyamamare
Kakooza Nkuliza Charles [KNC] washinze Radio&TV1 akaba anayobora Gasogi United yagarutse ku rugendo rwe rwmubuzima harimo uko yisanze mu buhanzi, itangazamakuru no gushinga ikipe, agenera n’ubutumwa urubyiruko bwarufasha kwiteza imbere.
Abanya-Kigali b’ingeri zitandukanye bitabiriye Gen-Z Comedy batahakanye ibyishimo n’umunezero nyuma yo gutaramirwa n’abahanga mu gusetsa bamaze kwandika izina muri ibi bitaramo
Benshi bamuzi nka Papa Sava, Seburikoko, Mvumbuko, Superi n'andi menshi, ariko amazina ye nyakuri ni Niyitegeka Gratien, akaba umuhanzi mu ngeri zitandukanye zirimo guhanga imivugo, kuririmba, gukina amakinamico ndetse no gukina filime
Mu rwego rwo kwitegura Shampiyona y’Isi y’Amagare iteganyijwe kubera mu Rwanda muri Nzeri 2025, dodani nyinshi zari zisanzwe mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali zakuweho

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka