Inkuru Nshya

Abantu b'ingeri zitandukanye baraye baryohewe n'igitaramo kidasanzwe cyo kumurika imideli cyiswe “Threads of Africa Fashion Show”, cyari kigamije kugaragaza ubwiza bw’umuco n’imideli y’Afurika, mu rwego rwo gukomeza kwishimira iserukiramuco rya Giants of Africa riri kubera i Kigali kuva ku wa 27 Nyakanga
Nyuma yo gutera utwatsi gukina irushanwa ribanziririza shampiyona (Pre-season) ryateguwe na mukeba APR FC, Rayon Sports yamaze gusimbuzwa AS Kigali
Itsinda riturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Sri Lanka ryasuye icyicaro gikuru cya RDF mu rwego rwo kwigira ku rugendo rw’u Rwanda mu kubaka ingabo z’umwuga no guteza imbere igihugu
Abarimu bakorera hirya no hino mu Gihugu bagaragaje ko bishimira intambwe imaze guterwa mu kuzamura agaciro kabo, banakomoza kuri zimwe mu mbogamizi bagihura na zo zirimo kudahembwa amafaranga ahwanye n'impamyabumenyi bafite
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rwafatiye ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda, nyuma y’ibibazo bikomeje kugaragara mu mitangire ya serivisi zayo

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka