Inkuru Nshya

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yasabye Abanyarwanda gufasha leta y’u Rwanda mu kubahiriza ingamba zo kugabanya ingano y’ibyo bakoresha cyane cyane ibitumizwa hanze mu rwego rwo guhangana n’ingaruka ziri guterwa n’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwo Hagati.
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’Ubukerarugendo riri kubera muri Pakistan, aho rwamurikiye abaryitabiriye umwihariko w’ubukerarugendo bwarwo n’ibyiza nyaburanga birutatse rubashishikariza kuza kurusura.
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, na Wedfaq Ajdabiya yo muri Libya, Nshuti Innocent yambitse impeta umukunzi we, Uwase Nice,  bamaze imyaka myinshi bakundana amusaba kumubera umugore.
Umunyamakuru wa RBA, Lucky Nzeyimana n'umugore we Murekatete Divine bari mu byishimo byo kwibaruka umwana wa gatatu wabo bise, Shahzain Nganji Shariq.
Abashoramari biganjemo abakoresha ikoranabuhaga mu buzima bwabo bwa buri munsi bagaragaje ko ubucuruzi bw’umutungo koranabuhanga bugiye kuba isoko nshya y’ubukungu mu Rwanda.
Ikipe ya Rayon Sports yananiwe gukora ibyo yari yitezweho igwa miswi na Gicumbi FC itahabwaga amahirwe yongera gutuma abafana bajya mu bwigunge.
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo rusange mu ntara zitandukanye z’u Rwanda, bikaba biteganyijwe gutangira kubahirizwa ku wa Mbere, tariki ya 6 Mata 2026.
Ibiciro by'ibikomoka kuri Peteroli byazamutse ndetse n'iby'ingendo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara bihita byiyongera hashingiwe kuri iryo zamuka rya lisansi na Mazutu.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 03 Mata 2026 ni bwo habayeho ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku gitaramo ‘Easter Jubilee’ cya Ben na Chance.