Inkuru Nshya

Daniel Paluku Kisaka wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku butegetsi bwa Joseph Kabila yagaragaye yambaye umwambaro wa gisirikare wa AFC/M23, kandi afite n’imbunda
Ikipe ya Rayon Sports inyagiwe n’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania mu mukino wa gishuti wari wateguwe na Rayon Sports ku munsi mukuru wa Rayon Day
General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko mu gihe intambara izaba yongeye kubura hagati y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 niza Congo FARDC ingabo abereye umuyobozi zizayinjiramo
Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ise akaba na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Perezida Paul Kagame, ari abakire kurusha Elon Musk, ufatwa nk’umuherwe ku rwego rw’Isi
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, yasabye abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kurangwa no gukorera mu mucyo ndetse n’ubunyangamugayo
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabonanye na Minisitiri wungirije ushinzwe Ububanyi n'Amahanga n'Ubucuruzi muri Australia, Matt Thistlethwaite, baganira ku mikoranire y'impande zombi
Urugaga rw’Ababaruramari b’Umwuga mu Rwanda (ICPAR), rwatangaje ko ku nshuro ya gatatu rugiye guhemba ibigo, inzego n’abantu ku giti cyabo bitwaye neza mu kuzuza raporo zikubiyemo amakuru ajyanye n’ibaruramari mu mwaka washize
Tariki ya 15 Kanama buri mwaka, Abakirisitu Gatorika bizihiza Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya by’umwihariko mu Rwanda, kuri iyi tariki bazirikana amabonekerwa ya Bikira Mariya wiyeretse abakobwa batatu i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru
Ingabo z'u Rwanda, RDF zateguje umukino wa gishuti n'ingabo za Uganda UPDF uzaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yavuze ko muri uku kwezi kwa Kanama 2025, inkuba zakubise mu turere dutandukanye tw’igihugu, zatumye abantu batatu batakaza ubuzima abandi batandatu barakomereka

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka