Mu rwego rwo kwitegura Shampiyona y’Isi y’Amagare iteganyijwe kubera mu Rwanda muri Nzeri 2025, dodani nyinshi zari zisanzwe mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali zakuweho
Nta gihindutse Shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru umwaka w'imikino wa 2025-26, izatangira mu kwezi gutaha kwa Nzeri 2025 nubwo amatariki ataramenyekana
U Rwanda na Zimbabwe byasinye amasezerano atanu agamije gukomeza ubufatanye mu nzego zitandukanye zirimo ubuzima, guteza imbere urubyiruko, ubufatanye mu bya polisi, ingufu no guhererekanya ubumenyi mu bya gasutamo