Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko kuva uyu mwaka wa 2026 watangira kugeza ku wa 11 Werurwe 2026, ibiza birimo inkuba, inkangu n’imyuzure byishe abantu 28 mu turere dutandukanye tw’igihugu
Umwongereza Stephen Constantine, watoje mu Rwanda mu 2014 kugera 2015 yatangajwe nk’umutoza mushya w’ikipe y’igihugu 'Amavubi' mu gihe cy'imyaka ibiri iri imbere
Minisiteri y'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango igaragaza ko amakimbirane mu miryango, ikoreshwa ry'ibiyobyabwenge no gukoresha nabi imbuga nkoranyambaga biza ku isonga mu gutuma hari ubwiyongere bw'abangavu baterwa inda
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga