Polisi y'u Rwanda yatangaje ko umuhanda uhuza uturere twa Nyanza, Bugesera na Ngoma utari bukoreshwe n'ibinyabiziga guhera saa sita z'amanywa kugeza saa moya za nijoro
Umuraperi Papa Cyangwe ugeze kure y'itegura igitaramo cyo kumurika album ye nshya yise 'Now or Never Album Launch' yararikiye abakunzi be kuzitabira ku bwinshi ndetse atangaza ko yatumiye Rocky n'abagenzi be bahoze bakorana mu bijyanye n'umuziki
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda rya Banki y'Isi riyobowe n'umuyobozi wayo muri Afurika yo Hagati n’Amajyepfo, Ndiamé Diop, baganira ku bufatanye mu nzego ziterambere
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'Ububiligi, Maxime Prévot, ni umwe mu ba Minisitiri b'Ububanyi n'Amahanga bitabiriye inama ya 46 iri kubera mu Rwanda y'aba Minisitiri bagize umuryango w'ibihugu bivuga ururimi rw'Igifaransa, Francophonie
Perezida wa Pan African Movement-Rwanda, Hon Musoni Protais, yasabye urubyiruko guharanira kugira amahitamo yo kwigenga mu bitekerezo ndetse no gukunda igihugu no kugikorera
Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko hakwiriye gufatwa ingamba ziboneye zo guha umugore agaciro n’ubushobozi, kugira ngo abe umufasha mu gukemura ibibazo byugarije Isi muri iki gihe
U Rwanda n’ikipe yo mu Bwongereza ya Arsenal, bemeranyije ko ubufatanye bwo kwamamaza ibikorwa bya 'Visit Rwanda' bwari bumaze imyaka umunani buzasozwa mu mpeshyi y’umwaka utaha wa 2026
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga