Inkuru Nshya

Dr. Aisa Kirabo Kacyira wayoboraga Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe gutanga ubufasha muri Somalia (UNSOS), yitabye Imana azize uburwayi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kayisire Marie Solange, yashimye Akarere ka Nyaruguru kaje ku isonga mu gutanga neza serivisi z’irangamimerere mu mwaka wa 2024/2025
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique yashimye aho Akarere ka Huye kageze kagabanya igipimo cy'ubukene mu baturage, kuri 15.3%
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere NST 2 (2024-2025), guverinoma izakomeza gukumira no guhangana n’izamuka ry’ibiciro
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko agaciro k’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga kazikuba kabiri mu myaka itanu (2024-2029), kagere kuri miliyari 7.3$ kavuye kuri miliyari 3.1$
Urwego rw’Abikorera mu Rwanda, PSF, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bari gukora ubugenzuzi ku bucuruzi bw'akajagari , banasaba abakora ubucuruzi kubukora byemewe n’amategeko, babanje kubwandikisha
Urukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo
U Rwanda rumaze kuba ikimenyabose kubera umwihariko wo kuba isoko y’Ubukerarugendo, by'umwihariko ingagi zo muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, zihuruza amahanga
Ihuriro ry’Umutwe urwanya leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, AFC/M23 ryatabaje Umuryango Mpuzamahanga uvuga ko ubutegetsi bwa Congo buri gutegura bucece intambara yeruye

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka