Inkuru Nshya

Abasenateri bagaragaje ko hakwiye kongerwa imbaraga mu kunoza politiki y’Umuganda, kugira ngo ibikorwa byubaka igihugu biwukorerwamo birusheho kuba byinshi kandi bifite ubuziranenge
Leta ya Qatar yagennye Mansour Ali Fahad Al-Shahwani Al-Hajri nka Ambasaderi mushya w'iki gihugu mu Rwanda
U Rwanda na leta ya Namibia, basinye ishyirwa mu bikorwa ry'Amasezerano y’ubufatanye yo kuwa 6 Gashyantare 2025.
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, uri kugirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda, yatangaje ko bifuza ko  rwakomeza kubafasha mu gucunga umutekano mu gihe cy’amatora y’umukuru w’igihugu no gukomeza kwagura umubano w’ibihugu.
Igikomangoma Spéciose Mukabayojo yasezeweho mbere yuko ashyingurwa  mu Rwanda mu mpera z’iki cyumweru.
Al Merrikh SC yo muri Sudani yinjiye mu mateka nk’ikipe ya mbere yo mu mahanga yakinnye muri Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0, hakinwa imikino y’umunsi wa munani
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yitabiriye Inama ya karindwi ihuza Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (AU–EU Summit)
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, ishobora gufatira ibihano amakipe abiri ariyo Al-Hilal yo muri Sudani y'Epfo na MC Alger yo muri Algeria nyuma y'imvururu zabereye mu mukino wahuje aya makipe yombi i Kigali
Abanyarwanda barenga 200 bari bamaze imyaka bahungiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo 2024, batahutse ku bushake .
Urwego rw’Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi, Egide Hanyurwimfura wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba, akurikiranyweho  gukoresha inyandiko mpimbano.