Inkuru Nshya

Ingabo z’u Rwanda na Polisi ku bufatanye n’izindi nzego bateguye ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere.
Minisitiri w’Intebe , Dr. Nsengiyumva yageze Arusha, muri Tanzania, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 25 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bo mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba, izaba ku wa 7 Werurwe 2026.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwerane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rwafashe ingamba z’ubwirinzi kubera ko imitwe ikorera mu Burasirazuba bwa Congo irimo n’uwa FDLR , mu bihe bitandukanye yagerageje guhungabanya umutekano warwo.
Iyo bigeze ku wa Gatanu, umubiri urabimenya, maze ugatangira kumva ibinezaneza muri wowe kuko uba ugiye kwinjira mu minsi ya wikendi ahanini usanga itarimo ya mihangayiko na shuguri uhoramo mu minsi isanzwe y’icyumweru.
Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe gukemura Amakimbirane (ICG), watangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igomba guhagarika ibikorwa by’imvugo z’urwango n’ibyibasira Abanye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, ibwirwa ko intambara itatanga igisubizo.
Mu gitabo “Economics at the Cross” cyangwa se ‘Ubutunzi ku musaraba’ harimo ibisobanuro bigaragaza itandukaniro rikomeye hagati ya sisiteme y’Ubukungu bw’Isi na sisiteme y’Ubukungu bw’Ubwami bw’Imana.
Hagiye gushira icyumweru, ibihugu bya Amerika,Iran na Israel byinjiye mu ntambara, Abanyarwanda batuye mu Burasirazuba bwo hagati bo bavuga ko batekanye.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka