Inkuru Nshya

Perezida Kagame yitabiriye umukino wa ½ cya UEFA Champions League wabereye kuri Stade ya Parc des Princes i Paris
Ikigo gikwirakwiza kikanacuruza internet ishingiye ku muyoboro wa ‘fibre optique’ mu Rwanda, CanalBox-Rwanda cyiseguye Ku bakiriya bacyo kibizeza service inoze.
Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta mu itangazamakuru ry'imyidagduro mu Rwanda, kuri ubu urimo kugororerwa mu Igororero rya Nyarugenge yatangaje byinshi ku buzima bwe muri iki gihe arimo kugororwa ndetse anavuga k'uruganda rw'Umuziki wo mu Rwanda akurikiranira hafi n'ubwo akiri kugororwa.
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Mata 2026, abagize itsinda ry’abayobozi, abatoza, abasifuzi mpuzamahanga n’abaherekeje amakipe yitabiriye Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, CAVB Men’s Club Championship 2026, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, banunamira inzirakarengane ziharuhukiye
Amakipe ane ya APR VC, Kepler VC, Police VC na REG VC ahagararaiye u Rwanda muri Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball (CAVB Men's Club Championship 2026), ari muri 16 yakomeje mu cyiciro gikurikira cya ⅛ , nyuma yo kwitwara neza mu mikino y’amatsinda.
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana mu karere ka Nyanza hafungiye umwarimu wigisha ku ishuri ribanza akekwaho kwiba mugenzi we akoresheje ikoranabuhanga.
Kuri uyu wa Gatatu, hateganyijwe imikino ikomeye ya Volleyball izabera muri BK Arena, aho amakipe ahagarariye u Rwanda azaba ahatanira kujya muri kimwe cya kane cy’irushanwa (Quarter Finals).
Ishoramari rya miliyari 2,62 z’amadolari ryanditswe mu Rwanda mu mwaka wa 2025 mu mishinga igera kuri 799 yiyongereye ivuye kuri 612 mu mwaka wabanje wa 2024, yitezweho gutanga imirimo 38,000.
Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje gahunda nshya yo gushinga umutwe wihariye uzajya ucunga umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe kivugwa mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro.