Inkuru Nshya

Perezida wa Kenya,Wiliam Ruto, yagennye ba Ambasaderi bahagarariye iki gihugu mu bindi bihugu birimo na RDC, mu bice bya Goma bigenzurwa n’umutwe wa M23
Inyubako y'ubucuruzi yo mu karere ka Kicukiro, ikoreramo ikigo gicuruza imigati, ikawa n'ibindi,yitwa Lamane,  yafashwe n'inkongi y'umuriro , ibirimo birangirika
Daniel Paluku Kisaka wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku butegetsi bwa Joseph Kabila yagaragaye yambaye umwambaro wa gisirikare wa AFC/M23, kandi afite n’imbunda
Ikipe ya Rayon Sports inyagiwe n’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania mu mukino wa gishuti wari wateguwe na Rayon Sports ku munsi mukuru wa Rayon Day
General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko mu gihe intambara izaba yongeye kubura hagati y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 niza Congo FARDC ingabo abereye umuyobozi zizayinjiramo
Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ise akaba na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Perezida Paul Kagame, ari abakire kurusha Elon Musk, ufatwa nk’umuherwe ku rwego rw’Isi
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, yasabye abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kurangwa no gukorera mu mucyo ndetse n’ubunyangamugayo
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabonanye na Minisitiri wungirije ushinzwe Ububanyi n'Amahanga n'Ubucuruzi muri Australia, Matt Thistlethwaite, baganira ku mikoranire y'impande zombi
Urugaga rw’Ababaruramari b’Umwuga mu Rwanda (ICPAR), rwatangaje ko ku nshuro ya gatatu rugiye guhemba ibigo, inzego n’abantu ku giti cyabo bitwaye neza mu kuzuza raporo zikubiyemo amakuru ajyanye n’ibaruramari mu mwaka washize
Tariki ya 15 Kanama buri mwaka, Abakirisitu Gatorika bizihiza Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya by’umwihariko mu Rwanda, kuri iyi tariki bazirikana amabonekerwa ya Bikira Mariya wiyeretse abakobwa batatu i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru