Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko igipimo cy’urwunguko fatizo itangiraho inguzanyo ku ma banki cyagumye kuri 6.75%, ari na cyo cyari cyashyizweho muri Kanama uyu mwaka
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko umuhanda uhuza uturere twa Nyanza, Bugesera na Ngoma utari bukoreshwe n'ibinyabiziga guhera saa sita z'amanywa kugeza saa moya za nijoro