Inkuru Nshya

FERWAFA yemeje ko guhera mu mwaka w’imikino wa 2025/2026, amakipe yo mu cyiciro cya mbere (Rwanda Premier League) azaba yemerewe gushyira mu kibuga abakinnyi b'abanyamahanga umunani
Ikipe y'u Rwanda Amavubi yatsinze ikipe y'Igihugu ya Zimbambwe, igitego 1-0 mu mukino wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yabwiye abagize Inteko Ishingamategeko umutwe w’Abadepite ko hakwiye amavugurura ku itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda kugira ngo rihuzwe n’igihe kigezweho.
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu n'icy'u Burundi, byabagabyeho ibitero biturutse i Bujumbura na Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, bityo ko bagiye kugira icyo bakora ngo bihagarare
Umuraperi Muhire Jean Claude uzwi nka Jay C yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yari amaze iminsi ararikira abakunzi be yise “Oh Dieu”, igaragaramo bambaye imyambaro y'abapadiri n'abamanseri
Umuhanzikazi ukomoka muri Nigeria, Yemi Eberechi Alade wamamaye nka Yemi Alade, yatangaje ko agiye gutangira gucuruza ibikoresho by'ubwiza bye (Maquillage) mu Rwanda
Minisiteri y’Uburezi y’u Rwanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ishuri mpuzamahanga rya WorldQuant University (WQU), rizatanga buruse ku Banyarwanda mu gihe cy'imyaka itanu
Perezida Paul Kagame yakiriye umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Itangazamakuru mu Bihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu (UAE Media Council), Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al Hamed
Umuhanzi Nyarwanda Niyokwizerwa Bosco uzwi cyane ku izina Niyo Bosco, yatunguranye ubwo yifuriza isabukuru nziza y'amavuko umukunzi we, Mukamisha Irene, bamaze igihe mu munyenga w’urukundo.
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yahaye ikazendetse anagenera ubutumwa abakora mu rwego rw'itangazamakuru bazitabira Shampiyona y'Isi y'Amagare

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka