Inkuru Nshya

Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga, yizihije isabukuru y'imyaka 59 y'amavuko kuri iki Cyumweru tariki 28 Kamena 2026.
Minisitiri w'Umutekano, Hon. Vincent Biruta, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 66 Repubulika ya Madagascar imaze ibonye ubwigenge
Perezida Paul Kagame na Gen Ibingira Fred bagaragaje ubugwari bwa Private Kayumba Nyamwasa ku rugamba ndetse n'uyu munsi nta cyahindutse akomeje kugaragaza ubwo bugwara
Brig Gen Franco Rutagengwa, uyoboye Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni muri Repubulika ya Santarafurika, yasabye abasirikare ba RWABAT-2 gukomeza kurangwa n'ubunyamwuga, kubahiriza amabwiriza ya Loni no guhora biteguye kuzuza inshingano zabo
Hashize umwaka u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishyize umukono ku masezerano y’amahoro mu muhango wabereye i Washington, gusa ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC ntikigeze kireka kuba ingorabahizi
Perezida Kagame yongeye gushimangira ko amateka ashaririye u Rwanda rwanyuzemo atabaye ku bw’impanuka yibutsa ko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe by'igihe kirekire mbere yo gushyirwa mu bikorwa.
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko igihugu kidashobora kuba ingwate ku bantu bashaka ko amateka aba uko bayashaka cyangwa uko bashaka kuyumva.
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Bugesera bashimiwe uruhare n’umusanzu byabo mu iterambere ry’aka karere no mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage, bigaragaza ubudasa mu gucyero umurimo.