Inkuru Nshya

Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko Dr. Manirakiza Benjamin usanzwe ari umwarimu muri Kaminuza, na UMUHOZA Hamida , INEZA Fidella , Mucyo Vanessa , bafungwa by'agateganyo bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa n'icyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina.
Amagaju FC yatangaje Sghir Hammad nk’umutoza Mukuru mushya wayo mu gihe yari imaze ibyumweru birenga bitatu idafite umutoza Mukuru.
Umunyarwenya Iryamukuru Etienne wamamaye nka 5K Etienne byumwihariko mu rwenya rwa 'Bigombaguhinduka", yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Josiane bitegura kurushinga
Umuyobozi Mukuru wungirije w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Uburezi bw'Ibanze,Dr Flora Mutezigaju, yavuze ko bagiye gukurikirana ikibazo cy'umwana wiga ku ishuri rya Inyange Girls School of Sciences wo mu karere ka Rulindo yirukanywe, azira ko yamenye amazi ku bikoresho by'ikigo.
Umuryango Heifer International Rwanda watangaje ko irushanwa rya AYuTE Challenge Rwanda, rigamije guteza imbere no kuzamura urwego rw’ubuhinzi mu rubyiruko rw’u Rwanda, ryongereye ibihembo, aho amafaranga atangwa muri iri rushanwa yagejejwe kuri miliyoni 65 Frw, avuye kuri miliyoni 50 Frw zatanzwe mu mwaka wa 2025
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubukerarugendo bushingiye ku Nama (RCB), cyemeje ko u Rwanda rwahawe kwakira inama rusange y’Ihuriro ry’Amashyirahamwe y’ibigo Mpuzamahanga bishinzwe gutegura inama

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka