Inkuru Nshya

Mu karere ka Kamonyi, mu muhanda w'amabuye Kamonyi -Runda -Ruyenzi habereye impanuka y'imodoka yo mu bwoko bwa Howo , igonga abantu barenga 10.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia, Lieutenant General Mamat O.A. Cham, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama (RDF CSC) riri mu Karere ka Musanze,agaragaza ko Ubufatanye bw'Ingabo bwafasha Afurika kwigira no kwihesha agaciro.
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Davido, arateganya gutaramira abakunzi b’umuziki we i Kigali ku wa 5 Ukuboza 2025, mu gitaramo kizabera muri BK Arena.
Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Ubutasi ku Mari (Financial Intelligence Center: FIC), ku wa 14 Ukwakira 2025, rwashyize hanze urutonde rw’abanyarwanda 25 bafatiwe ibihano kubera gukora no gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba imbere mu gihugu.
Urukiko rw’Ikirenga rwasabye abakora itangazamakuru kuzirikana ubunyamwuga mu gihe batara, bakanatangaza inkuru z’ubutabera, hagamijwe kongera icyizere cy’abaturage mu nkiko no kurinda itangazamakuru kugwa mu makosa.
Polisi y’Igihugu yatangaje ko  gahunda  ijyanye n’ ubukangurambaga bwo kwirinda impanuka zo mu muhanda bwagarutse mu isura nshya, polisi isaba abantu kurindana mu rwego rwo kwirinda impanuka.
Guverinoma ya Congo nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’ihagarikwa ry’imirwano n’ihuriro rya AFC/M23,yagabye igitero cya Drone mu gice kimwe gicukurwamo amabuye y’agaciro muri Kivu y’amajyepfo.
Ubuyobozi bw’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, buhangayikishijwe  n’imyitwarire ya bamwe mu bahoze mu nshingano z’ubuyobozi mu Itorero bari mu kiruhuko cy’izabukuru.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka