Umuramyi Ngendahayo Richard Nick yahishuye ko impamvu yahaye amafaranga ibihumbi 500, umunyarwenya Kadudu Kaduhire, ari uko yifuzaga kumuremamo icyizere no kumwibutsa ko ari umwe mu bo u Rwanda rwitezeho iterambere
Maison Inkindi ni inzu y’imideli imaze igihe kigera ku myaka itatu ikora, iyi nzu itunganya imyenda ishaje abantu batagishaka kwambara ikongera kuba mishya
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yaciye amarenga yuko yaba abayeho mu buzima bumushaririye nyuma y’igihe kigera ku mezi atanu arushinze na Idrissa Ouédraogo
RBC yagaraje ko u Rwanda rwageze ku ntego yo gukingira abangavu kanseri y'inkondo y'umura ku kigero cya 90% by'intego yari yashyizweho n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Buzima, OMS
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga