Inkuru Nshya

Gahunda yo kugeza amashanyarazi mu bice byose by’igihugu igeze kuri 84%

Nyanza:Umwana yashinjuye se bareganwa kwica umuntu

Musenyeri n’abapasiteri ba EAR bapfukamye basaba imbabazi Drocella kubw’ ibyo mugenzi wabo yamukoreye muri Jenoside

MININFRA yijeje ko mu 2029 mu Rwanda hose hazaba haragejejwe amazi 

Ubuyobozi bwa Rwanda Energy Group bwiseguye ku Bafatanyabuguzi bayo kubera ibibazo by'ibura ry'umuriro w'amashanyarazi bimaze iminsi bigaragara, byaturutse ku bujura bwakorewe ibikoresho remezo by'amashanyarazi mu bice bihuza u Rwanda n'ibihugu by'abaturanyi.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu Karere ka Kicukiro aho azagirana ibiganiro n’abagatuye ndetse n’abaturage bo mu Mujyi wa Kigali.
Umunyamakuru Mario Nawfal uzwi cyane mu kiganiro akora cyo ku rubuga rwa X yise ‘The Haller’ gikurikirwa n’abarenga miliyoni 6 buri Cyumweru, ari mu Rwanda aho yasuye ibice bitandukanye ndetse akorana ikiganiro n’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame.
Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres yagennye Umunyarwanda Anthony Ngororano kuba Umuyobozi w’Amashami y’Umuryango w’Abibumbye muri Madagascar.
Kuri uyu wa kane, tariki ya 27 Gashyantare 2025, ubwo abaturage ba Bukavu muri Kivu y'Amajyepfo bari bahuriye mu nama n'Ubuyobozi bw'ihuriro AFC/M23, Leta ya Congo yabarashemo ibisasu byahitanye bamwe abandi benshi barakomereka.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka