Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yavuze ko gahunda yo gukingira amatungo no guhangana n’indwara z’ibyorezo itanga icyizere ko amatungo azongera kugera ku masoko, bityo n’ibiciro by’inyama bikazagenda bigabanyuka.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Kanama 2026 nibwo ikipe ya Kiyovu Sports yakiriye umutoza wayo mushya ukomoka mu Bwongereza, Mark Harrison nyuma yo kugera ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe.
Umunyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Mugabe Bonnie yemeje ko bakiriye ibaruwa yavuye muri APR FC imenyesha iri Shyirahamwe ko itazitabira irushanwa ry'Igikombe Kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026.