Inkuru Nshya

Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) kirasaba abantu bakunda kunywa inzoga nyinshi, kwitondera ibimenyetso bashobora kugaragaza ko batangiye kuba imbata z'inzoga,bityo bagashaka ubufasha bw’abaganga hakiri kare.
Ambasaderi Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida wa Armenia, Vahagn Khachaturyan, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu nka Ambasaderi utahafite ibiro.
U Rwanda rugiye kwakira Inama Mpuzamahanga yita ku mutekano muri Afurika (ISCA), izahuza abayobozi n’inzobere mu by’umutekano, abafata ibyemezo n’abashakashatsi bazaganira ku ngaruka z’izamuka ry’ikoranabuhanga ryigenga ku mutekano muri Afurika.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yavuze ko gahunda yo gukingira amatungo no guhangana n’indwara z’ibyorezo itanga icyizere ko amatungo azongera kugera ku masoko, bityo n’ibiciro by’inyama bikazagenda bigabanyuka.
Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga (Miss) w'u Rwanda muri 2020 yagaragaje ko we n'umugabo we Michael Tesfay benda kwibaruka imfura yabo.
Polisi y’u Rwanda yaburiye abategura ibirori byo mu ngo bagakoresha ibinobwa bitujuje ubuziranenge birimo n'ibyakuwe ku isoko.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Kanama 2026 nibwo ikipe ya Kiyovu Sports yakiriye umutoza wayo mushya ukomoka mu Bwongereza, Mark Harrison nyuma yo kugera ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe.
Umuyobozi Mukuru wa Meteo Rwanda, Aimable Gahigi, yasobanuye ko imvura nyinshi iteganyijwe kuzagwa izaterwa n’ubushyuhe bukomeje kuzamuka buturuka mu nyanja ngari ya Pacifique butuma habaho ibihe bya El Nino.
Umunyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Mugabe Bonnie yemeje ko bakiriye ibaruwa yavuye muri APR FC imenyesha iri Shyirahamwe ko itazitabira irushanwa ry'Igikombe Kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko inyubako y’Inkundamahoro yongeye gufungurwa nyuma y’uko ubuyobozi bwayo butangiye gushyira mu bikorwa ibisabwa kugira ngo hakemurwe ibibazo by’isuku n’umutekano byari byagaragaye muri iyi nyubako.