Inkuru Nshya

Mu Rwanda handitswe ishoramari rya miliyari 2,62$ mu mwaka wa 2025 

RDC yashyizeho umutwe wihariye wo kurinda ibirombe.

Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yasabye Leta ingamba zihariye nyuma yo kwemeza amasezerano ya Washington

Ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda miliyoni 685 $ mu 2025

U Rwanda na  RDCongo bongeye kwemeranya umugambi uhuriweho n’ibihugu byombi wo kurwanya umutwe w’Iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi .
Abantu batandukanye bacitse ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo kubona umukobwa wambaye umwenda w’umuryango utabra imbabare ( Croix Rouge) agaragara asa nk’uha nimero ya telefoni umukinnyi witabiriye shampiyona y’Isi y’Amagare.
Guverinoma y’u Rwanda n’ubwami bwa Maroc, basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n'ubwikorezi bwo mu kirere.
David Lapartient yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry'Umukino w'Amagare ku Isi (Union Cycliste Internationale ,UCI) ku nshuro ya gatatu yikurikiranya kuva 2017.
Umufaransa Gery Celia yegukanye gusiganwa mu muhanda 'Road race' mu bakobwa batarengeje imyaka 23, muri Shampiyona y'Isi y'Amagare
Ababyeyi ba Nirere Xaverine, uri mu ikipe y’u Rwanda iri gukina shampiyona y’Isi y’amagare, barishimira uburyo umukobwa wabo ari kwitwara muri iyi shampiyona ndetse ko ari  guhesha ishema igihugu.
U Rwanda ruri kwitegura gutangira gukoresha umuti uterwa mu rushingiye, ugamije gukumira ubwandu bw’agakoko gatera SIDA.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania,Gen. Patrick NYAMVUMBA, yasuye ikipe ya Rayon Sports iri muri iki gihugu, aho iri gukorera umwiherero yitegura gukina na Sindgida Black Stars abibutsa ko kuyisezerera bigishoka.
Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, na Sookmyung Women’s University yo muri Koreya y’Epfo, bagiranye ibiganiro bigamije guteza imbere ubufatanye mu bushakashatsi n’uburezi.
Perezida Paul Kagame yavuze ko Umugabane wa Afurika ukeneye Abanyafurika kugira ngo ugere ku iterambere wifuza, bagafata inshingano zo guhindura uyu mugabane aho gusaba ibindi bice by’Isi ko ari byo byaza guhindura ibyabananiye ubwabo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka