Inkuru Nshya

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika, yakiriye ikirangirire mu mupira w'amaguru, Javier Pastore, wahoze akinira Paris Saint-Germain, wageze mu Rwanda, aho azitabira Kwita Izina ku nshuro ya 20
Niba utuye muri Kigali cyangwa mu mijyi iyunganira, ukaba utembera, si ubwa mbere wumvise ijambo ‘Massage na Sauna'
Guverinoma y’u Rwanda yateguye ko izashora miliyari 70 Frw muri gahunda yo kwimura abaturage ahazaba hagiye kubakwa urugomero rwa Nyabarongo II
Michelle Yeoh wamamaye muri sinema ku rwego mpuzamahanga ari mu biruhuko mu Rwanda aho yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi, ndetse asura n'Ingagi muri Pariki y'Ibirunga
Muhizi Anathole urega Banki Nkuru y’u Rwanda kumwambura inzu yari yaraguze, yandikiye Inteko Ishingamategeko umutwe wa Sena, asaba ko yamurenganura
Abantu bakunze kwibaza ngo 'Ese bamwe mu bayobozi bakuru b’Igihugu bagenerwa ibingana iki n’amategeko bibafasha mu gukora akazi kabo neza, bahembwa amafaranga angahe, ni bande bahabwa imodoka n'ibindi!
Umugaba w’Ingabo wungirije ushinzwe Ibikorwa n’Igenamigambi mu bw’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye  muri Sudani y’Epfo (UNMISS) akaba n’Intumwa y’u Rwanda muri Sudani y’Epfo, Brig Gen Kanobayire Louis, yasuye ingabo z’u Rwanda (Rwanda RWANBATT3) ziri i Juba muri icyo gihugu.
Raporo y’Urwego rw’ubucamanza igaragaza ko imanza nshinjabyaha ari zo ziganje mu nkiko ugereranyije n’izindi manza.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yakiriye kopi z’impapuro zemerera Ambasaderi Irene Vida Gala, guhagararira Brazil mu Rwanda
Moïse Nyarugabo wahoze ari Senateri muri RDC, mu burakari bwinshi yasabye guverinoma y’iki gihugu n'iyu Burundi ashinja kugaba ibitero ku Banyamulenge muri Kivu y'Amajyepfo, kubihagarika, bitaba ibyo zikavugutirwa umuti

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka