Inkuru Nshya

Niyigaba Clement wamamaye ku izina rya 'DC Clement' mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, ari mu byishimo bikomeye, aho we n’umufasha we Manzi Ariane bibarutse abana b’impanga,mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yasura amakipe y’u Rwanda y’abahungu n’abakobwa batarengeje imyaka 16 ari mu mwiherero bitegura Irushanwa rya FIBA U16 AfroBasket 2025 rizabera mu Rwanda.
Mu rwego rwo guteza imbere imibereho y’abaturage bagiye kwimurwa mu gice kizagurirwamo Pariki y’Ibirunga, hafunguwe ku mugaragaro ikigo cy’ubuhinzi bw’imboga giherereye mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko igihe cy’Umuhindo wa 2025, uhereye muri Nzeri kugeza Ukuboza, u Rwanda ruzagerwaho n’imvura iri ku kigero cy’impuzandengo gisanzwe
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), Gaspard Musonera, yasabye ibigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano gukora igenzura rihoraho ku mikorere yabyo
FARDC, yagabye ibitero bikomeye bya 'Drones' mu bice bya Rugezi, mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe mu gace gatuwemo n’abaturage b’Abanyamulenge
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR INkotanyi Amb. Wellars Gasamagera, ari kumwe n’abandi bagize iri shyaka, bitabiriye Inama Nkuru y’Ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi,RAB, cyihanangirije aborozi b’inkoko bagurisha inkoko z’ imishwi batazikuye mu ituragiro ryahawe uburenganzira n’iki kigo.
Minisitiri w'Umutekano w'Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta, yasabye abagore n’abakobwa bari mu rwego rw’igihugu rushinzwe Igorora kubyaza umusaruro amahirwe igihugu cyabahaye, baharanira iterambere ryabo n’iry’igihugu.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka