Inkuru Nshya

Umugore w’imyaka 34 wiyemerera ko asanzwe akora uburaya, akurikiranyweho gusambanya umwana w'umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko, amushukishije amafaranga 1000 Frw.
Umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Colonel Deo Mutabazi, yagaragaje ko imvugo z'urwango zikomeje kugaragara hirya no hino ku Isi, zitakwiye kwihanganirwa kuko kutagira icyo uzikoraho bifatwa nko kuzishyigikira cyangwa ubufatanyacyaha.
ngabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Uganda (UPDF) bahuriye mu nama ya karindwi y’Abayobozi bakorera ku mipaka .
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Hon. Habimana Dominique arikumwe na Mufti w'u Rwanda Sheikh Sindayigaya Musa, bakiriye Sheikh Dr. Muhammed bin Abdulkarim Al-Issa, Umunyamabanga Mukuru wa Muslim World League (MWL) akaba n'Umuyobozi mukuru w'Ihuriro ry'Abamenyi b'Idini ya Islam.
Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta uri mu ruzinduko rw'akazi mu Misiri, yasuye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga Amahugurwa ku mitwe y'Ingabo zihariye.
Igihe cy’igisibo ku Bayisilamu ni umuhango umaze ibinyejena by’imyaka wizihizwa ndetse ufatwa nk’igihe cyiza cyo kongera kwiyegereza no gutakambira Allah (Imana) bayisaba ko yaborohereza ari nako bakora ibikorwa by’urukundo birimo gufasha abakene, gusura abarwayi n’ibindi.
Rayon Sports yatsinze City Boys yo mu cyiciro cya kabiri, ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa 1/8 mu Gikombe cy’Amahoro
Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko mu 2025 ibikorwa by’ubucuruzi biterwa inkunga n’iyi pariki byinjije agera kuri  555,242$ asaga miliyoni 800 Frw asaranganywa abagera ku 1200 bibumbiye mu makoperative atandukanye ayituriye.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka