Inkuru Nshya

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025

MIFOTRA yasabye urubyiruko kwihugura ku ikoranabuhanga rya AI no guhanga imirimo mishya

U Rwanda rugiye kwakira inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta ku Isi

Umuvugizi wungirije wa M23, Dr. Oscar Balinda, yatangaje ko Ihuriro AFC/M23 ritarwana rigamije gufata ubutegetsi ahubwo ko baharanira amahoro no gutuma Abanye-Congo bahunze , bagaruka mu gihugu cyabo, ahishura ko intandaro y'umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo ari umutwe wa FDLR wahungiye muri icyo gihugu .
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko umunyamakuru Emmanuel Ndahiro uzwi ku izina rya Taikun yafunguwe nyuma y’uko rukoze ubuhuza hagati y’ukekwa n’uwakorewe icyaha.
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko gutwerera ibihugu by’amahanga ibibazo by’umutekano mucye mu gihugu ari amayeri agamije guhisha kunanirwa kwa Leta ya Tshisekedi mu gukemura ibibazo by’abanye-Congo.
Inama Nkuru y’Ubucamanza yirukanye burundu abacamanza batatu n’abanditsi b’inkiko babiri bazize ibyaha bifitanye isano na ruswa, inashyira mu myanya abandi 15
‎Ikipe ya Rayon Sports FC yatangaje ko yasinyishije Yannick BANGALA Litombo, umukinnyi wayo mushya Ukomoka mu gihugu cy'abaguranyi cya DRC.
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryashinje Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (RDC) guhitamo inzira y’intambara mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu, rinenga ubutegetsi ko butubahiriza amasezerano bwiyemeje mu biganiro by’amahoro bya Doha kubuhuza bwa Leta ya Qatar.
Urwego rw'Igihigu rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi Umunyamakuru wa Radio / TV10, Ndahiro Emmanuel uzwi nka ‘Taikun’.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka