Inkuru Nshya

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko u Rwanda ruri mu mushinga wo kongera ingano y’isukari ikorerwa imbere mu gihugu ukava ku 10% ukagera kuri 50%, aho biteganyijwe ko bizagerwaho mu gihe cy’imyaka ine
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abanyamuryango 19 b’Umuryango Mpuzamahanga uhuza abayobozi b’ibigo n’abashoramari rya Young Presidents’ Organization
Umusore w’imyaka 22 y’amavuko, wakekwagaho kwica se nyuma yo gucika inzego zamuhigaga bukware,na we yasanzwe amanitse mu mugozi yapfuye.
Samuel Dusengiyumva, yashimangiye ko umwanya wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari igihe gikomeye gifasha Abanyarwanda gusubira mu mateka mabi yaranze ubuyobozi bw’u Rwanda, bikaba byaragejeje ku Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ndetse no kuzirikana ubutwari bw’Inkotanyi no gushimangira ko Jenoside itazongera ukundi
Mu Rwanda rwatangije umushinga ugamije kwigisha amateka ya Jenoside hifashishijwe inzibutso by'umwihariko izashyizwe mu murage w'Isi
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026 iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemeje abayobozi bashya barimo uhagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) mu Rwanda, Ambasaderi wa Austria ndetse n'uhagarariye Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (IFAD) mu Rwanda
Iki kigo kizagenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (AI) mu Rwanda ndetse no hanze yarwo.
Mu Karere ka Gicumbi Imirimo yo gukora umuhanda Byumba-Ngondore n'akandi gace ka kava Mukeri kagana kuri sitade ya Gicumbi igeze kuri 45% aho biteganyijwe ko uzaba wuzuye mu Gushyingo 2026.
Mu nama yo gusuzuma ibikorwa byakozwe mu mezi atandatu ashize, mu rwego rwo gushaka amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), hashimwe intambwe yatewe mu kunoza no guhuza uburyo bw’ubuhuza bw’Afurika bugamije gukemura ikibazo cy’umutekano muke muri aka Karere
Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (International Monetary Fund – IMF), cyatangaje ko Inama y’Ubutegetsi bwacyo yemeje ubusabe bw’u Rwanda bwo guhabwa inguzanyo ya miliyoni 250 z’amadolari ya Amerika, ubwo ni asaga miliyari 364,2 Frw

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka