Inkuru Nshya

Minisitiri w’Ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore, yavuze ko intego Guverinoma y’u Rwanda yihaye yo kugeza amazi ku baturage ku gipimo cya 100% mu 2029 izagerwaho.
Mu ngengo y’Imari ya miliyari 7,796.3 Frw iteganyijwe gukoreshwa mu mwaka wa 2026/27, harimo miliyari 4,779.1 Frw zizagenda ku bikorwa bisanzwe birimo imishahara n’ibikoresho na serivisi, mu gihe miliyari 3,017.2 Frw zizashorwa mu bikorwa by’iterambere.
Ubwo Inteko Ishinga Amategeko yagezwaho iyi mbanzirizamushinga, Abadepite bagaragaje impungenge zirekeye ku kuba ingengo y’imari igenerwa urwego rw’ubuhinzi izagabanuka nyamara ari rumwe mu ziteza imbere ubukungu bw’igihugu ndetse n’abaturage muri rusange.
Minisitiri Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze ikoreshwa nabi ry'uburenganzira bwa VETO bufitwe n'ibihugu bitanu bikomeye ku Isi, kuko bibwitwaza mu gushyira igitutu ku bihugu bigize akanama k'umutekano ka Loni, bigakoma mu nkokora ibiganiro by'umutekano
Urwego rutegura shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya mbere mu bagabo, Rwanda Premier League (RPL), rwatangaje ko muri uyu mwaka w'imikino hazatangwa ibikombe bibiri.
Ku munsi nk’uyu, tarikiya 12 Gicurasi 1994, kuri ADEPR Nyabisindu i Muhanga haje interahamwe zisize ingwa n’amarangi zambaye amashara, zifite intwaro, ibyuma, amashoka, imihoro, ubuhiri burimo imisumari, zirara mu Batutsi bari bahahungiye zirabica.
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi,yasuye abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo  kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA).
Perezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yifatanyije n’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma barenga 25 baturutse hirya no hino ku mugabane wa Afurika mu nama ya #AfricaForwardSummit.
Umuhanzikazi Nyarwanda Alyn Sano yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya yise Ntibikunda.
Abantu benshi bafata gupfusha umuntu nk'agahinda gakomeye kurusha ibindi byose umuntu ashobora guhura na byo, ariko ubushakashatsi bw'imiterere y'abantu bwo mu 2026, bwagaragaje ko gutandukana n'umukunzi wawe mwakundana by'ukuri 'breakup' bishobora gutera agahinda gakomeye cyane kurusha kubura umuntu wapfuye