Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasubitse ku munota wa nyuma inama yari iteganyijwe guhuza Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame na Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
U Rwanda na Leta ya Djibout, kuva tariki ya 11-13 2025, bigiye guhurira mu nama ya Komisiyo ihuriweho n’ibihugu byombi yo ku rwego rw’Abaminisitiri, igamije gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano asanzweho no gukomeza kongera ubufatanye bw’ibihugu
Perezida Kagame yagaragaje ko kugira ngo Afurika ibashe kwihuta mu bukungu bushingiye ku Ikoranabuhanga, hakenewe ubufatanye hagati ya za guverinoma n’abikorera
Umunyamabanga Nshingwabikorwa n’Ushinzwe imibereho myiza n’iterambere mu Kagari, SEDO, umukozi w’Urwego rushinzwe kunganira akarere mu gucunga umutekano, DASSO n’abayobozi b’imidugudu babiri bo mu Kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze batawe muri yombi.