Inkuru Nshya

Imyakaka 54 irashize u Rwanda n’u Bushinwa bitangiye ubufatanye n’umubano  hagati y’ibihugu byombi. Ni umubano watangiriye ku wa 12 Ugushyingo 1971. Kuva icyo gihe, umubano wakomeje kwaguka  ndetse ibihugu byombi byasinyanye amasezerano agiye atandukanye.
U Rwanda rwasinye amasezerano yo kongera avoka mu bihingwa by'u Rwanda byoherezwa ku isoko ry'u Bushinwa
Ambasaderi w’Igihugu cy’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi, ari kumwe n’itsinda ayoboye, basuye Ingoro y’Umurage w’Ibidukikije iherereye mu Karere ka Karongi
Urukiko rw’Ibanze rwa Kiyumba mu Karere ka Muhanga, rwakatiye Musonera Germain, wari wiyamamarije umwanya w’Ubudepite,  igifungo cy’imyaka 20, runamutegeka guha IBUKA indishyi z’akababaro zingana na Miliyoni 50 Frws.
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasubitse ku munota wa nyuma inama yari iteganyijwe guhuza Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame na Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
U Rwanda na Leta ya Djibout, kuva tariki ya 11-13 2025, bigiye guhurira mu nama ya Komisiyo ihuriweho n’ibihugu byombi yo ku rwego rw’Abaminisitiri, igamije gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano asanzweho no gukomeza kongera ubufatanye bw’ibihugu
Perezida Kagame yagaragaje ko kugira ngo Afurika ibashe kwihuta mu bukungu bushingiye ku Ikoranabuhanga, hakenewe ubufatanye hagati ya za guverinoma  n’abikorera
Freddy Karuzizi, yatangaje ko u Rwanda rwatekereje kwakira ibi bihembo nk'uburyo bwo gukomeza gushyigikira uyu mukino muri Afurika, nyuma yo kwakira Shampiyona y'Isi y'Amagare
Umunyamabanga Nshingwabikorwa  n’Ushinzwe imibereho myiza n’iterambere mu Kagari, SEDO, umukozi w’Urwego rushinzwe kunganira akarere mu gucunga umutekano, DASSO n’abayobozi b’imidugudu babiri bo  mu Kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze batawe muri yombi.
Umuhanzi Florien Uworizagwira benshi bazi nka Yampano, yasabye imbabazi abakunzi be nyuma y'amashusho y'urukozasoni ye yagiye hanze