Urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwaburanishije umwana na se ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo, aho baregwa kwica bakubise inkoni umukecuru ufite uburwayi bwo mu mutwe.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore, yavuze ko intego Guverinoma y’u Rwanda yihaye yo kugeza amazi ku baturage ku gipimo cya 100% mu 2029 izagerwaho.
Mu ngengo y’Imari ya miliyari 7,796.3 Frw iteganyijwe gukoreshwa mu mwaka wa 2026/27, harimo miliyari 4,779.1 Frw zizagenda ku bikorwa bisanzwe birimo imishahara n’ibikoresho na serivisi, mu gihe miliyari 3,017.2 Frw zizashorwa mu bikorwa by’iterambere.
Urwego rutegura shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya mbere mu bagabo, Rwanda Premier League (RPL), rwatangaje ko muri uyu mwaka w'imikino hazatangwa ibikombe bibiri.
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi,yasuye abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA).
Perezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yifatanyije n’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma barenga 25 baturutse hirya no hino ku mugabane wa Afurika mu nama ya #AfricaForwardSummit.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga