Politiki

Ambasaderi CG Dan Munyuza, yakiriwe n’abayobozi batandukanye muri Leta ya Oman, mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ubufatanye hagati y’ibihugu byombi, cyane cyane mu nzego z’umurimo, ubucuruzi n’ishoramari
Ambasaderi Urujeni Bakuramutsa, yashyikirije Igikomangoma cya Liechtenstein, Prince Alois, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu
Guverinoma y’u Rwanda hamwe n’Ikigo Mpuzamahanga gitanga serivisi z’ubunyamwuga mu mikorere inoze ya dipolomasi (IID) byasinye amasezerano agamije gutanga amahugurwa ku byerekeye dipolomasi no kongerera ubumenyi n’ubushobozi abakozi bakora mu nzego z’ububanyi n’amahanga
Pologne yifatanyije n'u Rwanda kwizihiza imyaka 60, ibihugu byombi bisangiye umubano ndetse inafungura ambasade yayo i Kigali.
Ambasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yahuye n’Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro, Jean Pierre Lacroix, bagiranye ibiganiro byibanze ku bikorwa byo kubungabunga amahoro hirya no hino muri Afurika
Jean Marie Vianney Ndayizigiye yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubuzima mu gihe Amb. Fidelis Mironko yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yongeye kugaragaza ko amahoro mu karere k’Ibiyaga Bigari adashobora kugerwaho mu gihe umutwe wa FDLR ukomeje kwifanya n'ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Leta ya Qatar yagennye Mansour Ali Fahad Al-Shahwani Al-Hajri nka Ambasaderi mushya w'iki gihugu mu Rwanda
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yitabiriye Inama ya karindwi ihuza Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (AU–EU Summit)

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka