Ubuzima

RDC: Ebola irasya itanzitse, u Rwanda rwakajije ingamba

Imipaka ya Rusizi ihuza u Rwanda na RDC yafunzwe by’agateganyo 

RDF, Polisi na Minisiteri y’ubuzima batangije igikorwa cyo kuvura no kubaga amaso i Rulindo

Menya indwara ya Hantavirus n’ingamba u Rwanda rufite mu kuyikumira no kuyikurikiranira hafi

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu byabashije kugera ku nteko y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, yo kurwanya Virusi itera SIDA ku kigero cya 95%, ndetse ubu yanarenzeho.
Guverinoma y’u Rwanda, ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo, ikomeje gushyira imbaraga mu guteza imbere urwego rw’ubuzima hagamijwe ko Abanyarwanda bagira ubuzima buzira umuze, bubafasha gukora neza, guteza imbere Igihugu no kwiteza imbere ku giti cyabo.
Minisitiri w’Intebe yatangaje ko kuva serivisi yo guhindurira impyiko mu Rwanda yatangira, imaze gufasha Igihugu kuzigama  ibihumbi 800$ (asaga miliyari 1,172 Frw) kuva mu 2022.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yashyizeho amavugurura mashya muri gahunda y’Ubwisungane mu kwivuza (Mituweli), agamije kurushaho kunoza serivisi z’ubuzima no gufasha Abanyarwanda gutanga umusanzu ujyanye n’ubushobozi bwabo.
kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima RBC cyatangaje ko u Rwanda rugeze ku ntambwe ishimishije mu guhangana n’igituntu, aho umubare w’abarwara iyi ndwara bashya wagabanutse ku kigereranyo cya 73%.
Mu gihe bamwe bumva ko ubwiherero ari ahantu ho kwikoza byakanya gato ukiranura n’umubiri ugahita ugaruka bwangu, hari abandi babibona nk’ikibuga cyiza cyo kwicaramo ndetse akaba ari n’umwanya mwiza wo gasura imbuga nkoranyambaga nka Instagram, TikTok, Snapchat n’izindi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka