Ubuzima

Ba Minisitiri b'Ubuzima bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba (EAC) basoje inama idasanzwe yo ku rwego rwo hejuru yigaga kuri Ebola
Kuri uyu wa Mbere ku bitaro bya Munini ho mu karere ka Nyaruguru umuyobozi w'Akarere Dr. Murwanashyaka Emmanuel yakiriye itsinda ry’abaganga b’abasirikare b'inzobere baturutse mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe (Rwanda Military Hospital) mu gikorwa cy’ubuvuzi kizamara iminsi 33.
Kuribwa mu gihe cy’imihango ni ikibazo gihuriweho n’abagore n’abakobwa batari bake aho ubushakashatsi bwerekana ko 80% byabo baribwa muri ibyo bihe.
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Iterambere, RDB, rwatangaje ko bitewe n’ingamba zashyizweho zijyanye no gukumira icyorezo cya Ebola, ibikorwa byose mu Gihugu bikomeje nk’uko bisanzwe, harimo iby’ubukerarugendo, inama, ibirori, ubucuruzi ndetse n’ingendo hirya no hino
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA), batanze serivise z'ubuvuzi ku baturage bo muri iki gihugu.
Itsinda ry’abaganga 128 baturutse mu Rwanda berekeje muri Ethiopia aho bagiye mu mahugurwa yihariye bazahuriramo n’abandi baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika.
Mu rwego rwo kwirinda ko iki cyorezo kigera mu Rwanda, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kugeza ubu ntamuntu uragaragaraho iki cyorezo ndetze ko hakomeje gufatwa ingamba zinyuranye zo kwirinda.
Imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu Karere ka Rusizi, yafunzwe by’agateganyo mu rwego rwo kurwanya no gukumira icyorezo cya Ebola cyagaragaye muri iki gihugu cy’igituranyi.
Kuri iki cyumweru RDF na Polisi ku bufatanye na minisiteri y’ubuzima hamwe na Fondasiyo ya Fred Hollows yo mu Rwanda (FHF),batangije gahunda yo kuvura indwara z’amaso no kubaga indwara y'ishaza ifata amaso ku bitaro bya Kinihira biherereye mu karere ka Rulindo mu ntara y’Amajyaruguru.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangaje ko inzego z'ubuzima  zashyizeho ingamba zo gukumira no gukurikiranira hafi indwara ya Habtavirus, iherutse kugaragara muri bimwe mu bihugu birimo n’ibituranye n’u Rwanda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka