Ibyihariye

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko atumva uburyo umushinga wa ‘Muvumba Multipurpose Water Resources Development Program’ wari ugamije kuhira imyaka no kugeza amazi ku baturage bo mu karere ka Nyagatare wakozweho igice kimwe gusa
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yanenze abayobozi bakora amakosa bakongera bakayasubiramo, kimwe n’abasubiramo ayo abo basimbuye bakoraga, abigereranya n'ubwirasi
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yibukije abayobozi ko bakwiye kumenya neza ibibazo abaturage bahura nabyo no kubikemura ku gihe, by'umwihariko nk'urwego rw'ubuhinzi rukunze guhura n'ibibazo kandi rufatiye runini abaturage
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yatangaje ko inzego z’ibanze zazamuye ingengo y’imari zikusanyirije, aho yageze kuri miliyari zisaga 98 Frw mu 2025
Abayobozi b’inzego bwite za Leta n'abo mu nzego zegerejwe abaturage bateraniye mu nama iri kubera mu  ishuri rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda riri i Gako mu Karere ka Bugesera
Perezida Paul Kagame yifurije Abayisilamu bo mu Rwanda no ku Isi yose umunsi mwiza wo gusoza igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan, Eid al-Fitr, abibutsa ko ukwiye gukomeza kubibutsa kugira indangagaciro z'impuhwe, ubumwe n’ubumuntu. 
Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yayoboye intumwa z'u Rwanda zaruhagarariye mu Nama ya 42 y’Inzego zishinzwe Ubufatanye mu bya Gisirikare mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC).

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka