Ibyihariye

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Guinée-Conakry
Ubucuruzi hagati y'u Rwanda n'u Bushinwa bwageze ku gaciro ka miliyoni z'amadorari 605 ya Amerika mu mezi icyenda y'umwaka wa 2025, bigaragaza izamuka rya 22.1% ugereranyije n'umwaka ushize wa 2024
Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi bakuru b’Igihugu ko bagomba guhora bibuka ko igihugu cy’u Rwanda kidafite undi uzakigoboka, abasaba ko aribo bagomba kwihitiramo uko bashaka kubaho.
Madamu Jeanette Kagame akaba n'Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, yasabye abanyamuryango ba Unity Club ndetse n'Abanyarwanda muri rusange kuba menge kuko hari benshi batishimira iterambere ry'u Rwanda
Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame, yatangaje ko gahunda ya Ndi Umunyarwanda izakomeza kugira uruhare mu kubaka igihugu no gushimangira Ubumwe bw’Abanyarwanda.
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye itsinda ry’abajyanama bakuru mu by’imyemerere bakorera mu biro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yatangaje ko umutekano ku mipaka ihuza iyi ntara n’ibihugu by’ibituranyi birimo u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uhagaze neza ndetse ko inzego z’umutekano ziri maso
Abanyamuryango b’Itsinda ‘Tuzamurane Byimana’ bakora ubworozi bw’inkoko bwa kijyambere bavuga ko umusaruro w’amagi babukuramo wababereye igisubizo gikomeye mu kurwanya imirire mibi mu Murenge wa Byimana, wo mu Karere ka Ruhango
Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yatangaje ko hafashwe ingamba ko nta kipe y’igihugu izongera gusohoka igiye kuba “ingwizamurongo”.
Minisitiri w'Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yagaragaje ko hakenewe amafaranga angana na miliyoni 300$ kugira ngo umuyoboro wa internet ugezwe mu bice byose by’igihugu