Perezida Kagame uri i Washington D.C. yakiriye ku meza itsinda ry’Abadepite n’Abasenateri bagize Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku bufatanye hagati y'u Rwanda n'igihugu cyabo
Perezida Kagame yageze i Washington, D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yitabiriye isinywa ry'amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, Soraya Hakuziyaremye, yatangaje hari ikizere ko uko ifaranga ryataga agaciro mu myaka ishize bizaba byaragabanutse mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026.
Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste, yavuze ko u Rwanda rukoresha impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama , mu karere ka Kirehe, mu ntambara ya AFC/M23 na leta ya RDCongo.
Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, yatangaje ko ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, yakurikiye umukino wa Basketball wahuje Los Angeles Clippers, isanzwe yamamaza Visit Rwanda, na Dallas Mavericks .