Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yavuze ko kuba u Rwanda rwaratoranyijwe ku mugabane wa Afurika ngo rwakire shampiyona y’isi y’amagare ari uko ari igihugu gihora kiteguye kwakira neza amarushanwa atandukanye.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Lt Gen Innocent Kabandana, yagarutse ku bihe byamuranze , ashima umurava we n’ishyaka mu kazi ke haba mu gihugu no mu butumwa bw’akazi mu muhanga.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasuye inzu ndangamurage ya Liberiya iri mu murwa mukuru wa Minova, anaganira n'urubyiruko rwo muri iki gihugu rwize mu Rwanda
Ku nshuro ya mbere mu mateka, Shampiyona y'Isi y'Amagare igiye kubera ku mugabane wa Afurika, mu gihugu cy'u Rwanda, mu Mujyi wa Kigali, guhera ku itariki ya 21 - 28 Nzeri 2025
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga