Ibyihariye

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gushyira mu bikorwa amasezerano y'amahoro rwasinyanye na RDcongo ariko ko rutazihanganira ikizahungabanya amahoro n'umutekano by'Abanyarwanda.
Umwaka wa 2025 wahamirije u Rwanda ko rumaze kuba igicumbi cy’iterambere ndetse rukaba ahantu hibonwamo n'abaturutse impande zose z'Isi
Perezida Kagame yashimye abitanze, bikagera n’aho batanga ubuzima bwabo mu rugendo rwo guharanira umutekano w'Igihugu n'uw’Abanyarwanda muri rusange
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye Urubyiruko gukoresha imbaraga rwifitemo rwubaka igihugu ariko rurangwa n'indangagaciro.
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimye ubunyamwuga n’ubwitange byaranze Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano mu mwaka wa 2025
Koperative Umwalimu Sacco yahembye abarimu ndetse n’ibimina by’abarimu byizigamiye neza mu mwaka wa 2025, ndetse ikomeza gushishikariza abanyamuryango bayo kwitabira gahunda y’ubwizigame nk’uburyo bubafasha mu kwiyubaka
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko idashyigikiye ukwitandukanya kwa Somalia n’Intara ya Somaliland, ivuga ko ishyigiye ko iki gihugu cyarangwamo n' amahoro kandi amategeko mpuzamahanga nayo akubahirizwa.
Umwaka wa 2025 wasize andi mateka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko isize iki gihugu cya kabiri mu kugira ubuso bunini muri Afurika hari umutwe ukigabije, ugafata imwe mu mijyi y'ingenzi.
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yafunguye ku mugaragaro isoko rishya rya Gisenyi, ryari rimaze imyaka 15 riri kubakwa