Ibyihariye

Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, Yvonne Makolo, avuga ko urwego rw’ubwikorezi bw’imizigo rwitabwaho cyane kandi rukomeje gutanga umusaruro bishimangirwa n'amasezerano u Rwanda rufitanye n’ibihugu birenga 100 yo gukoresha ikirere cyabyo.
U Rwanda rwifatanyije n'Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya Sida, uba buri tariki ya 1 Ukuboza 2025
Sosiyeti ikora ubwikorezi bwo mu kirere ya RwandAir yatangiye ingendo zerekeza mu kirwa cya Zanzibar muri Tanzania, ndetse isubukura ingendo zerekeza mu mujyi wa Mombasa muri Kenya
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika iharanira  Demukarasi ya Congo (RDC), hamwe na Perezida Donald Trump bazahurira i Washington tariki ya 4 Ukuboza 2025.
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, yasangijwe gahunda nshya yo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali yitezweho gufasha abagenzi gukora ingendo mu buryo bwihuse
Jean Marie Vianney Ndayizigiye yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubuzima mu gihe Amb. Fidelis Mironko yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yanenze abagitanga serivisi mbi mu nzego zitandukanye, asaba abanyarwanda kujya bagaragaza ikibazo mu gihe bahuye nacyo.
Perezida Kagame yavuze ko mu nsengero hagikorerwamo amanyanga arimo ubutekamutwe bugamije kwiba abakirisitu bityo izifunzwe zitagakwiye gufungurwa.
Perezida Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rugiye guhagarika gukorana na Arsenal binyuze muri Visit Rwanda, ntaho bihuriye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko hari ibyo batumvikanye mu mikoranire.
Minisitiri w'Uburezi Joseph Nsengimana yatangaje ko mu myaka ine iri imbere hazaba huzuye amashuri atanu ya Leta afasha abana bafite ubumuga bwihariye, ndetse n'andi mashuri hirya no hino mu gihugu akazaba ayigiraho

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka