Ibyihariye

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, yagaragaje ko ibibazo byinshi by’umutekano muke n’ivangura muri Afurika bituruka ku buyobozi bubi n’imiyoborere idashyira imbere ubumwe bw’abaturage
Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, yatangaje ko umwanzuro w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ibihugu by’u Burayi (EU) usaba ko Ingabire Victoire Umuhoza arekurwa, ugamije gusuzuguro no kwinjirira ubusugire bw’igihugu cy’u Rwanda
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yavuze ko kuba u Rwanda rwaratoranyijwe ku mugabane wa Afurika ngo rwakire shampiyona y’isi y’amagare ari uko ari igihugu gihora kiteguye kwakira neza amarushanwa atandukanye.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Lt Gen Innocent Kabandana, yagarutse ku bihe byamuranze , ashima umurava we n’ishyaka mu kazi ke haba mu gihugu no mu butumwa bw’akazi mu muhanga.
Perezida wa Repubulika ,Paul Kagame,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nzeri 2025, yagiriye uruzinduko rw’akazi  i Doha muri Qatar.  
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangije gahunda yo kugaragaza imishinga y’ibikorwa bitangiza ibidukikije bikwiye gushorwamo imari mu Rwanda yiswe ‘Rwanda Green Taxonomy
Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsi ubusabe bw’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bwasabye ko Ingabire Victoire afungurwa
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Bubiligi, Maxime Prévot, arateganya kuza mu Rwanda mu mpera z’Ugushyingo 2025.
Kigali, Umurwa w’u Rwanda , ukaba mu mutima wa Afurika,  ni yo yonyine yatoranyijwe ku mugabe wa Afurika ngo yakire Shampiyona y'Isi y'Amagare.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka