Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umunyarwanda ukina nka myugariro, Josh Duc Nteziryayo, w’imyaka 17 y’amavuko yamaze kuzamurwa mu ikipe nkuru ya CF. Montreal , yo muri Canada ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Leta zunze ubumwe za America, Major League Soccer.
Abahanzi Mugisha Benjamin uzwi mu buhanzi nka The Ben na Itahiwacu Bruce, uzwi nka Bruce Melodie, Munyakazi, bahize gutanga ibyishimo mu gitaramo bazahuriramo cyinjiza abantu mu mwaka mushya wa 2026, cya The Nu Year Groove”, buri umwe ahiga kuzerekana ubuhangange bwe.
Umuziki uraryoha, umuziki uhuza abantu, umuziki ukiza abantu ariko kandi uru ruvange rw'amajwi y'amagambo atondekanyije mu buryo butandukanye ruryohera abarwumva iyo bibonera imbona nkubone abo bihebeye babasusurutsa mu mbaraga zabo zose
Police FC yatsinze Gasogi United 1-0, ikomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona n'amanota 26.
Umuhanzi Niyo Bosco yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we Mukamisha Irene, mu muhango wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Ukuboza, mu Murenge wa Kinyinya
U Rwanda rurakataje mu iterambere ndetse ruri kwaguka mu mfuruka zose bituma abarutuye baterwa ishema no kurubamo no kwiratana intambwe rugenda rutera.
Umuhanzikazi Bwiza Emerance yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya “Boda Boda”, ikubiyemo ubutumwa bureba abakundana uruzira uburyarya, anakebura abarurutisha ibintu
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Umuhanzi Niyo Bosco yasangije abamukurikira amafoto ye n’umukunzi we Irene Mukamisha maze ayaherekesha amagambo y’icyongereza agira ati “ Imana izaha umugisha umunsi tuzahana indahiro z’iteka, n’ikimenyetso cy’urukundo rwacu ku wa 16 Mutarama 2026. Kwifatanya natwe muri uyu munsi bizaba ari iby’agaciro kuri twe.”