Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Komisiyo ya Sena y’imibereho y’abaturage, uburezi, ikoranabuhanga n’urubyiruko yagaragaje ko n’ubwo hakiri intambwe nziza igenda iterwa mu ihangwa ry’umurimo, hagikenewe ibiganiro no guhuza inyigisho n’isoko ry’umurimo. 
Mugihe Taliki ya 18 Gicurasi hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’ingoro z’umurage, ingoro ndangamurage y'amateka y'imibereho y'abanyarwanda iherereye mu karere ka Huye  yasuwe n’abantu 1502 umunsi umwe gusa.
Umuhanda Kigali-Muhanga wagombaga kwagurwa mu 2023 ukaba waragomgaga kubakwa mu bice bibiri  aho igice cyawo cya mbere byari biteganyijwe ko kizakorwa kikava i Kigali kikagera ku Kamonyi ahitwa Bishenyi, hagakurikiraho ikiva Bishenyi kikagera mu mujyi wa Muhanga.
Umuhanzi akaba n’umutunganya muzika w’indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka igihugu cya Canada.
Iperereza ryakorewe Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki Nyarwanda, ryagargaje ibindi byaha 7 akurikiranyweho n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB
Kuri iyi tariki, Abagore n’abana barenga 500 biciwe ku Kigo Nderabuzima cya Mushubi, mu Karere ka Nyamagabe, maze bajugunywa mu cyobo cy’umusarani.
Umuyobozi w’Ishami ry’Imiturire mu Kigo cy'Igihugu cy'Imiturire (RHA), Eng. Emmanuel Ahabwe, yasobanuye uko gutuza abantu mu Mudugudu w’Icyitegererezo bikorwa, ku buryo hari abahabwa aho gutura bakahegukana abandi bagatizwa gusa.
Ba ofisiye bakuru bo mu ngabo z’u Rwanda n'izindi nzego z’umutekano ndetse n'abakozi baturutse muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, bitabiriye amahugurwa kuri Politiki y'imiyoborere y'ingabo.
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Mahoro Eric, yasabye abagororwa bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bitegura kurangiza ibihano, kubakira ku ihame ry’ubunyarwanda birinda isubiracyaha.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko hakenewe imikoranire myiza hagati y’ibihugu bya Afurika, mu rwego rwo kugabanya ingaruka zo kwivanga kw’amahanga.