Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Urubyiruko rw'Abanyarwanda batuye muri Afurika y'Epfo bari mu Rwanda mu ruzinduko rwo gusura igihugu ruzamara iminsi 10, rugamije kubafasha kumenya igihugu, amateka yacyo, umuco n'ibikorwa by'iterambere cyagezeho.
Ni amashusho  abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda , ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe mu mwaka w’i 1998.
Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanze gushyira umukono ku munota wa nyuma amasezerano ahuriweho n’u Rwanda yerekeranye no guteza imbere ubukungu mu karere yagombaga gusinyirwa i Washington DC muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera aba Ofisiye 632, bari bafite ipeti rya Sous-Lieutenant, abaha ipeti rya Lieutenant
Minisitiri w'Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana yagaragaje ko umushinga w’ikoranabuhanga mu Burezi (Rwanda Smart Education) ufite uruhare rukomeye mu ishyirwa mu bikorwa ry’icyerekezo cy’igihugu cya viziyo 2050 na gahunda y’Igenamigambi rigamije Impinduka, NST
Minisiteri y’Uburezi yasoje ku mugaragaro icyiciro cya mbere cy’umushinga wo kugeza ikoranabuhanga mu mashuri izibwi nka “Rwanda Smart Education”
Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, bagaragarije Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, ko  aborozi bakigorwa no kubona ibiryo by’amatungo kuko ibiciro bihenze, bagasaba ko guverinoma yabifataho umwanzuro
Ingabo z’u Rwanda, RDF n’’iza Uganda, UPDF, basoje inama y’iminsi itatu y’abayobozi b’ingabo z’ibihugu.Iyi nama yasojwe ku wa 2 Ukwakiara 2025, yaberaga i Mbarara, muri Uganda, hafi y’umupaka uhuza ibihugu byombi.
Mugisha Gilbert “Barafinda” ntari mu bakinnyi ba APR FC berekeje mu Misiri gukina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League, na Pyramids Fc kuko yitegura ubukwe buzaba ku cyumweru tariki ya 5 Ukwakira 2025, umunsi ikipe ye ifiteho umukino.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame,akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye ba ofisiye bashya binjiye mu ngabo z’u Rwanda, guhora bazirikana ko inshingano ya mbere bafite ari ukurinda igihugu n’Abanyarwanda, birinda ko cyavogerwa n’abatagikunda.