Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Perezida w'Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC), Dr. Yao Allah-Kouamé, yashimangiye ko umwaka wa 2025 wabaye udasanzwe kuri Afurika kuko u Rwanda rwawakiriyemo Shampiyona y'Isi y'Amagare
Richard Nick Ngendahayo ku mugoroba wo ku wa 29 Ugushyyingo 2025, yakoze igitaramo cy'amateka muri BK Arena, nyuma y'imyaka myinsi ataba mu Rwanda .Ngendahayo utifashishije abahanzi
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika iharanira  Demukarasi ya Congo (RDC), hamwe na Perezida Donald Trump bazahurira i Washington tariki ya 4 Ukuboza 2025.
Hakizimana Innocent wamenyekanye nka Master Fire, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we bitegura kurishinga, nyuma yo kurangiza kaminuza yize imyaka 18.
Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi mu nzego zitandukanye zirimo Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, wongerewe manda.
Umuryango Ushinzwe kurwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda, watangije ku Umushinga wiswe ‘INTERA - Ijwi Ryange mu Iterambere Rirambye, witezweho uruhare mu gukemura bimwe mu bibazo abaturage baterwa n’imwe mu mishinga y’ibikorwaremezo idakorwa neza, bikabasiga mu manegeka.
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki 28 Ugushyingo 2025, yashyize mu myanya abayobozi bashya muri Minisiteri ya Siporo .
APR FC yanganyije na AS Kigali igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’u Rwanda (Rwanda premier League)
Senateri Dusingizemungu Jean Pierre yagaragaje ko biteye impungenge kuba polisi idashobora gupima umunaniro mu bashoferi mu gihe uri mu biteza impanuka zo mu muhanda
Abapolisi bo ku rwego rwa ofisiye bari mu mahugurwa mu Kigo cya Polisi gitangirwamo amahugurwa yo kurwanya iterabwoba giherereye i Mayange mu Karere ka Bugesera, bakoze urugendoshuri rugamije kubafasha guhuza amasomo bigira mu ishuri n'ibikorerwa mu kazi