Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwa Loni muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) batanze ibikoresho by'ishuri ku banyeshuri bari mu bice boherejwemo
Chairman w’ikipe ya APR FC, Brig. Gen. Deo Rusanganwa yasabye abakinnyi b’iyi kipe berekeje mu Misiri mu mukino wo kwishyura Pyramids FC, gukuba kabiri imbaraga bakoresheje mu mukino wabereye i Kigali
Brian Kagame, bucura bwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, ni umwe mu basirikare 42 bigiye hanze amasomo ya gisirikare,bagiye  kwinjira mu ngaho z’u Rwanda RDF hamwe n’abandi 987 bigiye mu ishuri rya Gako.
Umunyamideri  Isimbi Model, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo guhabwa impano y'imodoka nshya ya Range Rover Velar n'umugabo we Shaul Hatzir
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yagaragaje  ko hari zimwe mu nganda zimo n’izitunganya umusaruro w’ubuhinzi zikora amasaha macye bityo bikadindiza iterambere n’ubukungu bw’igihugu.
Umunyarwandakazi, Jasinta Makwabe uri mu bakobwa bagezweho mu kumurika imideli muri Tanzania, yatangaje ko yamaze gutandukana n’umugabo biteguraga kurushinga
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry'izindi ngabo bafatanyije zagabye ibitero zikoresheje indege z’intambara, zisenyera abaturage muri teritware ya Rutshuru no muri Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Radio Salus ni imwe mu ma radiyo yashyize umusingi ku iterambere ry’itangazamakuru mu Rwanda, n’imwe mu maradiyo yigenga yatangiye mu Rwanda ndetse ntitwareka kuvuga ko benshi mu Banyamakuru bakomeye u Rwanda rufite uyu munsi banyuze kuri iyi radiyo