Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Butera Knowless ni umwe mu bahanzikazi banditse amateka mu muziki Nyarwanda, impano ye mu muziki ndetse n'imyitwarire myiza ntibishidikanywaho
Ikigo cy’Imisoro n'Amahoro (RRA) cyerekanye ibitenge 1200 bifite agaciro ka miliyoni 18 Frw, byinjijwe mu gihugu binyuze mu nzira zitemewe.
Ese waruziko umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga , Davido akurikirana Abanyarwanda babiri bonyine ku rukuta rwe rwa Instagram ?
Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ukwakira 2025, yakiriye itsinda ry’intumwa z’u Rwanda n’iza DR Congo, mu biganiro byanyuma bigamije gusuzuma gahunda ihuriweho yo guteza imbere ubukungu mu Karere (REIF).
oseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo imyaka 18,Urukiko rukuru rwa gisirikare rwo muri iki gihugu rwamukatiye igihano cyo kwicwa nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorana n’umutwe wa AFC/M23.
U Rwanda rwatangiye kohereza amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa  Wolfram yatunganyijwe  ku isoko rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahazwi nka Towanda muri Leta ya Pennsylvania.
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibijyanye n’Isanzure (Rwanda Space Agency), Gaspard Twagirayezu, yatorewe kuba Umuyobozi Wungirije w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inzobere mu by’Isanzure (International Astronautical Federation
Umunyarwandakazi, Niyonkuru Florence, yegukanye umudari wa zahabu mu isiganwa ry’amaguru rya Lyon International Half Marathon ryari ribaye ku nshuro ya 41 rikaba ari isiganwa ribera mu Bufaransa. Ibi uyu munyarwandakazi yabikoze mu mpera z’icyumweru gishize, aho yari ahagarariye u Rwanda mu cyiciro cy’abagore mu isiganwa rya Lyon International Half Marathon.
Igikomangoma Albert II wa Monaco wanitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye mu Rwanda, mu mujyi wa  Kigali, yatangaje ko ashima politiki y’Igihugu ijyanye no kurengera ibidukikije.
Ikipe y'Umukino w'Amagare y'u Bufaransa iri mu Rwanda aho yari yitabiriye Shampiyona y'Isi y'Amagare yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi