Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Rutayisire Vianney, umunyarwanda wari rwiyemezamirimo akaba yarafungiwe muri gereza y’urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Repubulika iharanira demukarasi ya Congo, Demiap ruherereye i Kinshasa yapfuye.
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro Ikigo Mpuzamahanga cyigisha ibijyanye n’umutekano w’ikoranabuhanga, kizwi nka CyberHub
Uruganda rwa Inyange rutunganya amata y’ifu ruherereye mu Karere ka Nyagatare (Inyange Milk Powder Plant) rwatangaje ko rwatangiye gucuruza amata ari mu ngano nto, iri ku giciro gito nyuma yo kubisabwa n’abantu batandukanye
Umuyobozi wa Authentic Word Ministries /Zion Temple Celebration Centre, Dr Apôtre Paul Gitwaza, yizihije imyaka 30 amaze yinjiye mu murimo w’ivugabutumwa.
Umuhanzi Nyarwanda uririmba injyana Gakondo, Ruti Joel, yashyize hanze alubumu ye ya kabiri igizwe n'indirimbo 10 yise 'Rutakisha'.
Kuri uyu wa 1Ukwakira 2025,  Umuryango FPR Inkotanyi wifurije Abanyarwanda umunsi mwiza wo gukunda Igihugu, abasaba kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu.
Mu minsi ishize twasangiye ubutumwa bwihariye ku bashakanye, none ndagarutse ngo tuganire no ku mugisha udasanzwe w’abashakanye, wo kwitwa ‘Ababyeyi’.