Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yagaragaje ko ibikorwa biyobowe n’Abanyafurika bishingiye ku bufatanye, ubunyamwuga no gutabarana mu gihe gikwiye bigenda bigaragaza umusaruro ufatika
Umuyobozi w'Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, wari mu ruzinduko rw'iminsi ibiri mu Rwanda yatangaje ko ashima umuhate w'u Rwanda mu gushyigikira ibikorwa by'amahoro mu Karere ka Afurika y'Uburasirazuba
Itsinda ryatutse mu ikipe ya Atlético de Madrid, riyobowe n'umuyobozi ushinzwe ibijyanye n'ubufatanye, Guillermo Alonso Álvarez, ryasuye u Rwanda, mu ruzinduko rugamije ubufatanye
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot n’itsinda bazanye mu Rwanda, basuye urwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, bunamira inzirakarengane ziharuhukiye
Urukiko rwa Texas rwategetse ko Ishimwe Dieudonne benshi bazi nka Prince Kid watorotse ubutabera bwo mu Rwanda agafatirwa muri Amerika, yoherezwa akaza gukora igihano cye
Perezida Paul Kagame yatembereje mu rwuri rwe, ruherereye Kibugabuga, Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani ndetse amugabira inka z’Inyambo
REG yatarangaje ko hakomeje gushyirwa imbaraga mu kongera amashanyarazi akomoka ku ngufu zisubira, bizatuma amashanyarazi agera kuri benshi ndetse bikanabungabunga ibidukikije
Umuhanzi Ngabo Medard benshi bazi nka 'Meddy', kuri ubu usigaye yariyeguriye kuririmbira Imana yakeje Richard Nick Ngendahayo ufite igitaramo gikomeye ategerejwemo muri BK Arena