Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

David Lapartient yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry'Umukino w'Amagare ku Isi (Union Cycliste Internationale ,UCI) ku nshuro ya gatatu yikurikiranya kuva 2017.
Umufaransa Gery Celia yegukanye gusiganwa mu muhanda 'Road race' mu bakobwa batarengeje imyaka 23, muri Shampiyona y'Isi y'Amagare
Ababyeyi ba Nirere Xaverine, uri mu ikipe y’u Rwanda iri gukina shampiyona y’Isi y’amagare, barishimira uburyo umukobwa wabo ari kwitwara muri iyi shampiyona ndetse ko ari  guhesha ishema igihugu.
U Rwanda ruri kwitegura gutangira gukoresha umuti uterwa mu rushingiye, ugamije gukumira ubwandu bw’agakoko gatera SIDA.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania,Gen. Patrick NYAMVUMBA, yasuye ikipe ya Rayon Sports iri muri iki gihugu, aho iri gukorera umwiherero yitegura gukina na Sindgida Black Stars abibutsa ko kuyisezerera bigishoka.
Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, na Sookmyung Women’s University yo muri Koreya y’Epfo, bagiranye ibiganiro bigamije guteza imbere ubufatanye mu bushakashatsi n’uburezi.
Perezida Paul Kagame yavuze ko Umugabane wa Afurika ukeneye Abanyafurika kugira ngo ugere ku iterambere wifuza, bagafata inshingano zo guhindura uyu mugabane aho gusaba ibindi bice by’Isi ko ari byo byaza guhindura ibyabananiye ubwabo.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, hafashwe abantu bagaragaye mu mashusho bakubitira umuntu mu biro by'Akagari.
Perezida Kagame yatangije ku mugaragaro amasomo mu Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere [African School of Governance] asaba abagiye gutangira kuryigamo gukoresha ayo mahirwe mu guhindura umugabane wa Afurika.