IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Inzego z’ubuzima mu Rwanda zatangije ubufatanye hagati ya Leta, imiryango itari iya Leta, n’abaturage mu bukangurambaga bwo kwisuzumisha kare indwara zitandura, mu rwego rwo guhangana nazo no kugabanya ibyago byo guhitanwa nazo kare
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri, umuhanzi Alpha Rwirangira yagize ibyago aho sekuru we  yitabye Imana
Isengesho rya Jeannette Kagame ubwo yari mu masengesho y’urubyiruko yo gusabira igihugu’ Young Leaders Prayer Breakfast yabaye ku Cyumweru, tariki ya 2 Nzeri 2025
Umukinnyi w'umupira w'amaguru ukomoka muri Argentine, Javier Pastore, wakiniye Paris Saint-Germain, ari mu bashyitsi bazitabira ibirori byo Kwita Izina, bizaba kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Nzeri 2025 mu Kinigi.
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Afurika ifite ibintu byose kugira ngo ibashe kwiteza imbere no kwihaza mu biribwa, ahubwo abatuye uwo mugabane bakwiye guhindura imyumvire n’imikorere
Shema Arnold benshi bamenye mu muziki Nyarwanda akiri umwana ku izina rya 'Babou', yongeye kugaruka mu muziki aho yashyize hanze indirimbo nshya yise 'Cyangabwoba'
Abayobozi b'umutwe wa AFC M23 batangaje ko barambiwe uburyarya bwa leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibaca inyuma bari mu biganir
Abanyeshuri bahize abandi mu byiciro bitandukanye mu bizamini bisoza amashuri y'Isumbuye umwaka w'amashuri wa 2024/2025 bahembwe
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko igihugu cy'u Rwanda cyafashe icyemezo cyo kwakira impunzi kuko cyakuye amasomo mu buhunzi, avuga ko mu bushobozi bucye igihugu gifite kizafasha abo bantu
Sosiyete y'u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) , yatangaje ko imirimo yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II igeze kure ndetse  rwahaye akazi abantu barenga 500.