Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) bwatangaje ko kubera gahunda yo gusaranganya amazi mu Mujyi wa Kigali, bitewe n’icyibazo cy’igabanuka ry’amazi ryatewe n’impeshyi, hari ibice bimwe bizabura amazi guhera ku itariki ya 11 kugeza kuya 12 Kanama 2025, kugira ngo amazi agezwe no ku bindi bice bimaze iminsi bitayabona
Urwibutso Enterprise ni kimwe mu bikorwa bitajya bibura mw'imurikagurisha Mpuzamahanga ry'u Rwanda ribera i Gikondo "Rwanda International Trade Fair'. Uyu mwaka bazanye udushya dutandukanye ariko by'umwihariko bari kumurika igikorwa batangije cya 'Sina Gerard Football Academy', kigamije kuzamura impano z'abakiri bato mu mupira w'amaguru
Hari ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda byabashije kurwubaka rurakomera ndetse uyu munsi abakibyiruka bashaka kuzubaka uruzira kuryana hari amasomo arenze rimwe bakura kuri izi ngo z’ibyamamare
Kakooza Nkuliza Charles [KNC] washinze Radio&TV1 akaba anayobora Gasogi United yagarutse ku rugendo rwe rwmubuzima harimo uko yisanze mu buhanzi, itangazamakuru no gushinga ikipe, agenera n’ubutumwa urubyiruko bwarufasha kwiteza imbere.
Abanya-Kigali b’ingeri zitandukanye bitabiriye Gen-Z Comedy batahakanye ibyishimo n’umunezero nyuma yo gutaramirwa n’abahanga mu gusetsa bamaze kwandika izina muri ibi bitaramo
Benshi bamuzi nka Papa Sava, Seburikoko, Mvumbuko, Superi n'andi menshi, ariko amazina ye nyakuri ni Niyitegeka Gratien, akaba umuhanzi mu ngeri zitandukanye zirimo guhanga imivugo, kuririmba, gukina amakinamico ndetse no gukina filime
Mu rwego rwo kwitegura Shampiyona y’Isi y’Amagare iteganyijwe kubera mu Rwanda muri Nzeri 2025, dodani nyinshi zari zisanzwe mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali zakuweho