Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Mu Rwanda hari kubera Inama ya Gatatu ya Komisiyo ihoraho y’Ubufatanye hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, iyobowe n’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’impande zombi, mu rwego rwo gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi
Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF), Jeanne-Françoise Mubiligi, yatangaje ko hari gutegurwa umushinga wo kubaka ahantu hashya hazimurirwa Imurikagurisha Mpuzamahanga (Rwanda International Trade Fair) i Gahanga, mu Karere ka Kicukiro
Inteko Ishinga Amategeko yemeje itegeko rishya rishyira imbere serivisi 10 z'ubuvuzi hagamijwe kunoza itangwa rya serivisi z’ubuvuzi, kurengera uburenganzira bw’abarwayi no gukemura ibibazo bikigaragara mu rwego rw’ubuzima mu gihugu
Inteko Ishinga Amategeko y'u Rwanda umutwe w'Abadepite yatoye itegeko rishya rigenga serivisi z'ubuzima mu Rwanda ririmo n'iryemerera abana bagejeje imyaka 15 kuboneza urubyaro ndetse n'iryerekeye kororoka hakoreshejwe ikoranabuhanga
Ubwumvikane buke hagati y'inzego ebyiri ziyobora Rayon Sports bukomeje kugenda bugaragara umunsi ku munsi, ni nyuma y'uko noneho Twagirayezu Thadée yakuyeho inama yari yatumijwe na Paul Muvunyi uyobora Inama y'Ubutegetsi
Umuhanzikazi Ayra Starr, umuhanzi Kizz Daniel na Timaya bakomoka muri Nigeria baraye banyeganyeje Kigali mu gitaramo gishyira akadomo ku iserukiramuco rya Giants of Africa
Abantu b'ingeri zitandukanye baraye baryohewe n'igitaramo kidasanzwe cyo kumurika imideli cyiswe “Threads of Africa Fashion Show”, cyari kigamije kugaragaza ubwiza bw’umuco n’imideli y’Afurika, mu rwego rwo gukomeza kwishimira iserukiramuco rya Giants of Africa riri kubera i Kigali kuva ku wa 27 Nyakanga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Repubulika ya Iharanira Demokarasi ya Congo, ikwiye kugaragaza ubushake bwo kurandura umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994
Mu mabwiriza agenga igihembwe cy'ihinga cy'umuhindo cya 2026A n'igihembwe cya 2026B, yashyizwe hanze na Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi, Leta y'u Rwanda yongereye 'Nkunganire' igenera abahinzi ku ifumbire mvaruganda n’imbuto nziza mu gihembwe cy’ihinga cya 206A na 2026B.